Ibiganiro byibanze ku ngingo z’ingenzi zireba u Burusiya na Afurika-Minisitiri Nduhungirehe

Kakooza Henry azwi cyane mu Karere ka Rwamagana aho yakabereye Umunyamabanga Nshingwabikorwa imyaka irenga icyenda, ahakurwa tariki ya 14 Ukuboza 2023 ubwo yimurirwaga mu Karere ka Huye ari na ho yakoreraga iyo mirimo ubu.

Mbere yo kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa yari asanzwe ari Umukozi wa Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, akaba yarakoreraga mu Ntara y’Iburasirazuba ashinzwe ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y’imbaturabukungu ya kabiri mu kurwanya ubukene (EDPRS II).

Kakooza Henry azwi cyane mu Karere ka Rwamagana aho yakabereye Umunyamabanga Nshingwabikorwa imyaka irenga icyenda, ahakurwa tariki ya 14 Ukuboza 2023 ubwo yimurirwaga mu Karere ka Huye ari na ho yakoreraga iyo mirimo ubu.

Mbere yo kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa yari asanzwe ari Umukozi wa Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, akaba yarakoreraga mu Ntara y’Iburasirazuba ashinzwe ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y’imbaturabukungu ya kabiri mu kurwanya ubukene (EDPRS II).

Kakooza Henry azwi cyane mu Karere ka Rwamagana aho yakabereye Umunyamabanga Nshingwabikorwa imyaka irenga icyenda, ahakurwa tariki ya 14 Ukuboza 2023 ubwo yimurirwaga mu Karere ka Huye ari na ho yakoreraga iyo mirimo ubu.

Mbere yo kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa yari asanzwe ari Umukozi wa Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, akaba yarakoreraga mu Ntara y’Iburasirazuba ashinzwe ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y’imbaturabukungu ya kabiri mu kurwanya ubukene (EDPRS II).

Subira Ahabanza